Back to Books
Inyigisho zo mu nyandiko za ABALEWI, KUBARA, GUTEGEKA KWA KABIRI

Inyigisho zo mu nyandiko za ABALEWI, KUBARA, GUTEGEKA KWA KABIRI

KUBAHO MU IJAMBO BURI MUNSI

Author
Pastor Emile Sempabwa
Place and Year
Kigali, Rwanda
Illustration/Cover
Pastor Emile Sempabwa
Price20,000 RWF / $15 USD
Read the preview below, then request access when you're ready.

About This Book

Ibitabo by'Abalewi, Kubara, no Gutegeko kwa Kabiri bitwereka umugambi w'Imana wo kurema abantu bera, b'indahemuka kandi bumvira. Binyuze mu mategeko, ibitambo, amabwiriza n'inyigisho za Mose, tubona ko Imana ihamagarira ubwoko bwayo kubaho mu kwera, kuyiramya mu kuri no mu mutima utaryarya, kuyiringira byuzuye no kugendera mu mategeko yayo.

Ibi bitabo bitwigisha ko kumvira Imana bizana imigisha, naho kutayumvira bikurura ingaruka mbi. Iki gitabo kizagufasha muri uru rugendo gitanga, kuri buri gice cya Bibiliya, incamake yumvikana neza, ingingo z'ingenzi z'imirongo, inyigisho z'ingenzi ndetse n'uburyo bwo kuzishyira mu bikorwa mu buzima bwa buri munsi.

Ubu buryo bufasha abasomyi gusobanukirwa neza ubutumwa bw'Imana no kubushyira mu bikorwa mu mibereho yabo ya buri munsi.

Kubaho mu Ijambo buri munsi ni uguhitamo gukunda Imana n'umutima wawe wose, kubaho mu kwera, kumvira ubushake bwayo no gukomeza gushikama mu kwizera. Iyo dushyize mu bikorwa ukuri guhishurwa mu bitabo by'Abalewi, Kubara n'Itegeko rya Kabiri, turushaho kugirana umubano wimbitse n'Imana, tugakura mu gukomera mu mwuka, kandi tukaba abagabo n'abagore b'indahemuka bahamya urukundo n'ubuntu byayo.

Payment Instructions

MoMo: send exactly 20,000 RWF to code 215 213 5 (Emile).

Bank Transfer (USD): send exactly 15 USD to Bank of Kigali, account number 0004 7069 6794 470 (Emile Sempabwa).

Digital Access

You must be logged in to read online.

Sign In First